Home / Mu mahanga / U Bushinwa Bwashyizeho Amategeko Mashya Yo Kujya Mu Gisirikare

U Bushinwa Bwashyizeho Amategeko Mashya Yo Kujya Mu Gisirikare

U Bushinwa buguye gusohora amabwiriza akubiye mu ngingo 74 avuga uko umusirikare wabwo agomba kuba ateye.

Amakuru make yatangajwe n’ikinyamakuru cya Leta y’u Bushinwa kitwa Xinhua News avuga ko muri izo ngingo hazaba hakubiyemo ingingo zumvikana  zisobanura uko umusirikare w’u Bushinwa agomba kuba ateye, atekereza kandi yitwara.

Ibisobanuro birambuye by’uko umusirikare w’iki gihugu azaba ateye mu myaka iri imbere bizatangazwa bitarenze taliki 01, Gicurasi, 2023.

Umugambi Mugari W’u Bushinwa Wo Kwigarurira Taiwan

Tagged:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *