Mu buryo atari yiteze, umworozi wo mu Murenge wa Kageyo mu Karere ka Gicumbi yatunguwe kandi ashimishwa n’uko ingurube ye yabwaguye ibyana 22. Izo ngurube zavutse taliki 10, ubu zikaba zimaze hafi imi...
Ikigo gitanga serivisi zo kugeza amaraso n’ibindi nkenerwa ku babikeneye batuye ahitaruye, Zipline Muhanga, buvuga ko kuba abagore bagikoramo bagera kuri 48% ari intambwe yo kwishimira. Iki kigo...
Ikigo gisanzwe gishyira amaraso ibigo nderabuzima biri kure kitwa Zipline kivuga ko mu gihe kimaze gikora kimaze kugezayo amaraso n’izindi serivizi zigera kuri miliyoni. Si amaraso gusa atangwa muri i...
Ni umushinga RDB iherutse kwiyemeza gukorana na Zipline Rwanda, ukazafasha mu kugeza ibicuruzwa bya Made in Rwanda ku bakiliya bazaba bari mu mahoteli yo muri za Pariki zitandukanye. Amakuru Taarifa i...
Perezida Kagame avuga ko hari ibintu bitatu u Rwanda rukeneye kugira ngo rukomezze gutera imbere: Ibyo ni abantu, ikoranabuhanga no guhanga udushya. Hari mu kiganiro yahaye umuyobozi w’ikigo Zipline, ...
Umuganga uvura indwara z’abagore mu bitaro bya Nyamata Dr Muhirwa Bonfils avuga ko iyo urebye aho u Rwanda rugeze rugabanya impfu z’abagore bapfa babyara ubona ko ruteye intambwe ariko hakiri urugendo...





