Mu mpera z’Icyumweru gishize umugabo ukomoka muri Zimbabwe witwa Elvis Nyathi yafashwe n’abaturage bo muri Afurika y’Epfo bamutwika ari muzima. Ni igikorwa cyatumye Leta ya Afurika y’Epfo ihaguruka it...
Ubwo Kabuga Felisiyani yafatwaga bigatangazwa, yabaye inkuru iri mu zanditsweho cyane mu Rwanda n’ahandi haba Abanyarwanda kuko yari uwa mbere washakishwaga kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorew...
Nyuma y’uko hasinywe amasezerano y’ubufatanye mu by’uburezi hagati ya Minisiteri z’uburezi hagati y’u Rwanda na Zimbabwe, ubuyobozi bwa Zimbabwe bugiye kohereza mu Rwanda abarimu 500 bo kwigisha bagen...
Umukuru wa Zimbabwe yatangije Inama y’abashoramari bo mu Rwanda na Zimbabwe igamije kurebera hamwe amahirwe ari mu bihugu byombi kugira ngo harebwe uko buri ruhande rwakorana n’urundi, rukarwungukira...
Umusenateri uyoboye itsinda rya bagenzi be baturukanye muri Zimbabwe witwa Dr David Parirenyatwa avuga ko baje mu Rwanda batumwe na Sena yabo ngo baze kureba uko u Rwanda rwashoboye guha abaturuye am...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza avuga ko mu rwego rwo gukorana na Polisi z’amahanga mu gukumira no kurwanya iterabwoba muri Afurika, Polisi y’u Rwanda yasinyanye nazo amasezerano...
Itsinda ry’abasenateri bo muri Zimbabwe bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itanu. Ku ikubitiro baganiriye na Polisi y’u Rwanda ariko mu masaha ya nyuma ya saa sita bakaza kuganira n’Urwego rw’igih...
Umukuru wa Zimbazwe Emmerson Mnangagwa yirukanye Minisitiri w’umutekano mu gihugu wari usanzwe ayobora n’Ishami rishinzwe ubutasi mu gihugu ryitwa Central Intelligence Organization amuzira imyitwarire...
Minisitiri w’ingabo Major General Albert Murasira ari i Harare muri Zimbabwe mu ruzinduko rugamije gutsura umubano hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Zimbabwe. Yahuye na mugenzi we uyobora Minisiteri y’...
Umwe mu bacamanza b’i Harare muri Zimbabwe yategetse ko umurambo wa Robert Mugabe wahoze ayobora Zimbabwe utabururwa ugashyingurwa mu irimbi ry’igihugu. Yari yarashyinguwe mu isambu ku ivuko ahitwa Ku...









