Mu gihe i Moscow bishimira ko hari ibihugu by’Afurika byitabiriye Inama yabihuje n’Uburusiya, i Washington ho mu maso harijimwe. Hijimye kubera ko ubutegetsi bwa Biden butishimiye ko hari umubano ugar...
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye imurikagurisha mpuzamahanga ry’ibikomoka ku buhinzi, Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye abahinzi b’Abanyarwanda ko kwigira kuri bagenzi...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi, REB, kivuga ko u Rwanda rufite gahunda ndende yo kugira abarimu bazi neza Icyongereza bikazarugabanyiza kuzana abarimu nk’abo bavuye imahanga. Nk’ubu hari aba...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye inama mpuzamahanga ivuga ku ikoranabuhanga yiswe Transform Africa Summit ko iyo ikoranabuhanga rikoreshejwe mu buryo bwiza kandi bufatika, ryorohereza ubucuruzi bwa...
Mbere y’uko amatora ya Perezida mushya wa FIFA atangira kuri uyu wa Kane taliki 16, Werurwe, 2023 intumwa za federasiyo 211 ziyitabiriye zabanje gutorera ingingo y’uko Zimbabwe na Sri Lanka byakwemerw...
Polisi y’Afurika y’Epfo iri mu bufatanye n’iya Zimbabwe ngo hashakishwe kandi hafatwe abanya Zimbabwe batandatu baherutse gutoroka gereza. Itangazo rya Polisi yo muri Afurika y’Epfo rivuga bariya bant...
Hari raporo iherutse gusohorwa n’ihuriro ry’abarimu bo muri Zimbabwe ivuga ko bagenzi babo boherejwe mu Rwanda ngo bafashe mu kwigisha Icyongereza babayeho nabi. Hashize amezi abiri itsinda rya mbere...
Kuri uyu wa Kane Taliki 20, Ukwakira, 2022 abarimu ba mbere bageze mu Rwanda baturutse muri Zimbabwe baje kwigisha bagenzi babo Icyongereza cyo ku rwego rwo hejuru. Hari hateganyijwe ko haza abarimu 1...
Ubutumwa Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yasize yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi buvuga ko ari bwo bwa mbere mu buzima bwe abonye amahano a...
Umukumbi w’inzovu 50 watorotse icyanya zabagamo muri Zimbabwe zijya konera abatuye Mozambique. Zinjiye mu Ntara ya Manica gaturanye n’agace ka Machaze muri Mozambique ziturutse mu Zimbabwe. Francisca ...









