Perezida wa Amerika Donald Trump avuga ko ari ngombwa ko Putin yicarana na Zelenskyy bakaganira ku cyakorwa ngo intambara yatangijwe muri Gashyantare, 2022 ihagarare. Ni umuhigo yihaye agomba kugeraho...
Donald Trump yanenze imiyoborere ya Perezida wa Ukraine, avuga ko adashoboye kuganira ngo amahoro agaruke aho yabuze, haba mu gihugu cye cyangwa ahandi. Volodymyr Zelenskyy unengwa asanzwe ari Perezid...

