Umukambwe Kenneth David Kaunda wigeze kuyobora Zambia yajyanywe mu bitaro by’i Lusaka ikubagahu kubera indwara itatangajwe. Kaunda afite imyaka 97 y’amavuko, akaba afatwa nk’umwe mu bantu baharaniye k...
RwandAir yatangaje ko igiye gusubukura ingendo zigana i Lusaka muri Zambia na Johannesburg muri Afurika y’Epfo, zaherukaga guhagarikwa kubera ubwoko bushya bwa Coronavirus bwagaragaye muri ibyo gihugu...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwasinyishije rutahizamu mushya witwa Mombote Batshi Assis. Uyu mukinnyi yari asanzwe akinira ikipe yitwa Lusaka FC yo muri Zambia. Ku rubuga rwa Twitter rwa Rayon Sports ba...
Nizeyimana Mirafa wahoze muri Rayon Sports akaba asanzwe akina hagati yaraye asinyE amasezerano y’imyaka ibiri (2) muri Zanaco FC yo muri Zambia. Azajya ahembwa byikube kabiri ayo yari yarijejwe muri ...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza ari mu ruzinduko muri Zambia kuva ejo kuwa Mbere tariki ya 14 Ukuboza, 2020. Yaraye asuye ishuri rikuru rya Polisi ya Zambia riri i Kinfins...




