Banki nkuru y’igihugu (BNR) na muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi basohoye raporo igaragaza ko mu mwaka wa 2022, amabuye y’agaciro u Rwanda rwoherezwa mu mahanga yarwinjirije miliyoni $683. Ni ha...
Ku isoko mpuzamahanga ry’amabuye y’agaciro hari ikibazo bamwe babona ko kizagira ubukana mu mwaka wa 2023. Ni ukubura kwa zahabu, rimwe mu mabuye y’agaciro afitiye inganda nyinshi akamaro. Umwaka wa 2...
Kuri uyu wa Gatanu Taliki 13, Mutarama, 2023 nibwo amasanduku ya mbere ya zahabu yavuye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ajya muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu. Amakuru avuga ko Guverinoma y’i Ab...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente ubwo yatangizaga Icyumweru cyahariwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, yavuze ko u Rwanda rufite amabuye y’agaciro menshi igisigaye ari uko acukurwa ...
Urwo rusyo bubikwaho ni urw’uko batabwirwa uko ibiciro b’amabuye y’agaciro byifashe ku isi kugira ngo babone uko nabo bashyiraho igiciro bifuza guhembwaho. Ibi bikubiye muri raporo Komisiyo y’igihugu ...
Abahanga bo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu basohoye iPhone 14 ifite igifubiko cy’inyuma kirihi isaha isize zahabu ndetse na diyama. Iyi telefoni ifite agaciro ka $135,000. Mbere y’uko ibi byose byon...
Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe Mine, Peteroli na gazi buvuga ko bibabaje kuba 40% by’amabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda ari yo atunganywa akanagurishwa, mu gihe 60% by’ayo yangirika. Iki kigo kivuga k...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, mine na kariyeri , cyatangije ko u Rwanda rwateganyije zahabu ihagije yo kuzagurisha abashyitsi bazitabira CHOGM bazayishak...
Mu ruzinduko ari mo muri Leta ziyunze z’Abarabu, Perezida Paul Kagame yaraye ahuye n’Umuyobozi w’iki gihugu witwa Mohamed Bin Zayed amufata mu mugongo mu izina ry’Abanyarwanda nyuma y’uko iki gihugu g...
Abahagarariye u Rwanda mu imurikagurisha riri kubera i Dubai baraye bahawe igihembo cya Zahabu. Ni igihembo u Rwanda rwatsindiye mu cyiciro cy’igihugu gitanga amahirwe mu ishoramari kitwa Opportunity ...









