Abanyeshuri batandatu b’Abanyarwanda batahanye imidali itandukanye irimo n’uwa zahabu mu irushanwa mu mibare ryahuje abanyeshuri baturutse hirya no hino muri Afurika. Uretse umudali wa zahabu, abo ban...
Ni ibyemezwa na Dr. Yvan Twagirishema akaba Umuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe Mines, Petelori na Gaz. Avuga ko kugira ngo u Rwanda rwinjize miliyari $1.1 mu mwaka umwe avuye mu musaruro...
Mu isiganwa rya metero 400 ku maguru ry’Abadepite b’abagore bari mu Rwanda mu mikino y’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, Umunyarwandakazi Hon Germaine Mukabalisa yabaye uwa mbere ahembwa umudali wa...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi, mine na gazi gitangaza ko mezi atatu ashize( Nyakanga-Nzeri)mu mabuye yose u Rwanda rwohereje hanze, zahabu ari yo yarwinjirije amafaranga menshi. Muri Nyakanga...
Raporo yasohowe n’ikigo gishinzwe amabuye y’agaciro, mine na petelori igaragaza ko mu mabuye y’agaciro yacukuwe mu gihembwe cya gatatu cy’uyu mwaka, Zahabu ari ryo buye ryinjirije u Rwanda kurusha an...
Abagize itsinda ry’uruganda rucukura zahabu yo muri Repubulika ya Congo rwitwa Primera Gold DRC SA baherutse gusaba abashoramari bo muri Leta ziyunze z’Abarabu kubafasha kubaka uruganda rwujuje ibisab...
Sosiyete Sivile yo muri Walikale( ni Muri Kivu y’Amajyaruguru) yatanze impuruza kuri Guverinoma ko hari zahabu imaze iminsi icukurwa mu kaduruvayo, bityo ko harebwa uburyo yacukurwa mu buryo bunoze. I...
Messi yahaye buri mukinnyi na buri mukozi mu ikipe y’igihugu ya Argentine telefoni ya iPhone isize zahabu. Bose hamwe ni abantu 35, akaba yabahaye telefoni zose hamwe zifite agaciro ka €200,000. Buri ...
Hagati ya Khartoum na Moscow haravugwa urunturuntu nyuma y’uko hari Abarusiya bagera 30 bakurikiranyweho ubucukuzi n’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro budakurikije amategeko. Umwe yamaze kubazwa n’ubuge...
Amakuru aturuka muri Repubuklika ya Demukarasi ya Congo avuga ko ingabo z’u Burundi zoherejwe yo zaraye zizengurutse uruganda rwa zahabu. Abatuye mu gace ruherereyemo bavuga ko zigamije gusahura...









