Nyuma y’iminsi mike mu Murenge wa Miyove mu Karere ka Gicumbi hafatiwe abantu bakurikinyweho gucukura zahabu mu buryo budakurikije amategeko, ubu abandi barindwi bafatiwe i Rulindo mu Murenge wa Rukoz...
Kare kare mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, abantu batandatu bo mu Murenge wa Miyove muri Gicumbi bafashwe na Polisi ibasanze bacukura zahabu mu buryo ivuga ko budakurikije amategeko. Abo bantu bafatan...
Soraya Hakuziyaremye uyobora Banki nkuru y’u Rwanda avuga ko iki kigo kigiye gutangira kugura zahabu ikabikwa nk’ubwizigame nk’uko andi madovize abikwa. Amadovize akomeye kurusha ayandi ku isi ni amad...
Abarwanyi ba M23 bafashe Luhwinja muri Kivu y’Amajyepfo ahantu hakize cyane kuri zahabu. Bivugwa ko abo barwanyi bahafashe batarwanye. Abahatuye babwiye Radio Okapi ko aha ari ahantu ha mbere ba...
Ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwanzuye ko Abashinwa 17 bafite aho bahuriye n’ubucukuzi bwa zahabu budakurikije amategeko buherutse gutahurwa, bataha iwabo. Mu minsi ishize, Abashinwa...
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Epfo Jean Jacques Purusi Sadiki yavuze ko hari Abashinwa batatu baherutse gutabwa muri yombi bakurikiranyweho kwiba zahabu. Ndetse ngo basanganywe $800,000 mu nsi y’inteb...
Rwagati mu Bushinwa ahitwa Wangu havumbuwe ikirombe cya zahabu ubutegetsi bwa Beijing buvuga ko ari cyo cya mbere kinini ku isi. Bagenekereje basanga gifite agaciro ka miliyari $80. Ikigo gishinzwe ub...
Umunyamakuru Orla Guerin usanzwe ukorera BBC yeretswe ahantu mu kuzimu aho ingabo za Israel zivuga Hezbollah yabitse zahabu n’amadolari byinshi. Byanditswe ko iyo mari ibitswe mu kuzimu kuri mun...
Ivan Murenzi uyobora Ikigo cy’igihugu cy’ibarushamibare aherutse gutangaza ko umusaruro w’amabuye y’agaciro u Rwanda rucukura wagabanutse kubera ibihe by’imvura yo muri Mata na Gicurasi yaguye nabi. G...
Mu Biro bye, Perezida Kagame yakiriye abana b’Abanyarwanda baherutse gutahana imidali myinshi irimo n’uwa zahabu bakuye mu marushanwa yo kumenya imibare bahatanagamo n’abandi baturutse mu bihugu 27 by...









