Perezida Yoweri Museveni yakuye Maj Gen Abel Kandiko ku buyobozi bw’Urwego rushinzwe iperereza rya gisirikare (CMI), amusimbuza Maj Gen James Birungi. Hari amakuru ko Kandiho yoherejwe mu nshingano ns...
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yakiriye Ambasaderi Adonia Ayebare, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda. Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko igi ...
Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyatangiye iperereza ku buryo umunyamakuru Andrew Mwenda yabonye imyenda ya gisirikare, yifashishije mu gufata amashusho ari mu ndege ya gisirikare, avuga ko agiye kugaba...
Perezida Yoweri Museveni n’ishyaka rye National Resistance Movement (NRM) bakomeje gushyirwa ku gitutu gikomeye n’abanyapolitiki bo muri Kenya, bashinjwa kwivanga muri politiki yabo mu gihe begereje a...



