Umwe mu bakobwa bitabiriye Ihuriro ry’Urubyiruko rya Youth Connekt ya 10 iheruka, yabwiye Taarifa uko amafunguro bagaburiwe yari ateye. Avuga ko mu gitondo bafashe ibiribwa bizima, umuntu wese usanzwe...
Madamu Jeannette Kagame avuga ko urubyiruko rufite ubuzima bwiza ari rwo rwiga kandi rukiteza imbere. Hari mu ijambo yagejeje ku bahungu n’abakobwa bagera ku 1000 bari bitariye inama yabahurije mu Int...

