Yolande Makolo yanyomoje ibyatangajwe na Leta zunze Ubumwe za Amerika zavuze ko RDF ifatanyije na M23 aribo baraye barashe i Goma ibisasu byahitanye benshi barimo n’impunzi z’ahitwa Mugunga. Kuri uyu ...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo yatangarije kuri X ko ibyo Perezida Evariste Ndayishimiye yaraye atangaje by’uko u Rwanda rufasha RED Tabara ari ikinyoma. Makolo yasabye u Burundi gu...

