Igisirikare cya Israel kivuga ko inite yacyo (unit) ya Brigade Bislamach ya 828 yamaze igihe runaka igenzura ahitwa Tal al-Sultan, agace ko muri Rafah, ku wa gatatu. Yaje kubona abarwanyi batatu maze ...
Impaka z’iminsi ibiri zaberaga mu murwa mukuru wa Qatar witwa Doha zarangiye abayobozi ba Hamas bemeje ko Sinwar Yahya ari we ugiye kuyiyobora yose uko yakabaye. Bamwemeje nk’umuyobozi mukuru w’uyu mu...

