Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping n’itsinda rye baraye baganiriye na mugenzi we Paul Kagame ku mikoranire irambye kandi inoze hagati ya Kigali na Beijing. Muri ibyo biganiro, Ubushinwa bwiyemeje ko bugi...
U Bufaransa bwatangaje ko nyuma y’ibiganiro byabaye ku wa Gatanu, u Bushinwa bwashimangiye ko bwemeye gukurikiza amavugurura y’i Kigali mu masezerano ya Montréal, agena igabanywa ry’imyuka yangiza iki...

