Umunyamerikakazi wari uherutse gutangaza ko igihe kigeze ngo areke umukino wa Tennis wamugize icyamamare kurusha abandi bagore ku isi, yatangaje ko ‘ashobora’ kugaruka muri uyu mukino kuko ngo asanga ...
Amakuru atangazwa na Dailymail avuga kuri Tennis yemeza ko icyamamare ku isi muri Tennis ikinwa n’abagore witwa Serena Williams yasezeye muri uyu mukino akaba agiye mu kiruhuko cy’izabukuru. Serena Wi...

