Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, WHO, riratabariza abana bo mu mijyi hirya no hino ku isi kuko bamara igihe kirekire bari mu nzu bareba filimi bikabashyira mu byabo byo kurwara amaso...
Ubwo yatangizaga inama nyunguranabitekerezo kuri za Cancer, Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yavuze ko muri rusange cancer ari indwara zishobora kwirindwa abantu bahinduye imibereho yabo. Yav...
Ubunyamabanga bw’Ishami ry’Umuryango W’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi, WHO/OMS, bwatangaje ko hari ubwoko bw’inkingo za Ebola ziri gukorwa ngo zizageragerezwe muri Uganda kuko izisanzwe ziriho z...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, World Health Organization( WHO), ritangaza ko icyorezo Ebola kiri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo cyamaze kugira imbaraga zituma kigera no mur...
Ubuyobozi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi, WHO/OMS rivuga ko hari imibare yerekana ko ubwandu bwa COVID-19 bwongeye kuzamuka hamwe na hamwe ku isi, bityo ko abantu bagombye...
Guverinoma ya Ethiopia yasabye Umuryango Muzamahanga wita ku Buzima (WHO) gukora iperereza ku muyobozi mukuru wawo Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, imushinja gushyigikira ingabo za Tigray People’...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryatangaje ko ryahaye u Rwanda amacupa 225 akoreshwa mu guha abarwayi umwuka wa “oxygen”, azifashishwa cyane mu kwita ku barwayi ba CO...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, WHO, ryongereye urukingo rwa CoronaVac rukorwa n’ikigo Sinovac cyo mu Bushinwa, mu nkingo zishobora kwifashishwa ku rwego mpuzamahanga mu gukingira COV...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryatangaje ko urukingo rwa RTS,S rurimo kwifashishwa mu gukingira malaria mu bana, rumaze guhabwa abasaga 650.000 mu bihugu bya Malawi, Ghana na K...
Iperereza ryakorwaga ku rukingo rwa COVID-19 rwa AstraZeneca ryanzuye ko ibyiza byarwo biruta ingaruka zishobora kurukomokaho, ku buryo rukwiye gukomeza guhabwa abaturage kuko rwizewe. Ibihugu 13 by’i...








