Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko mu nama yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 14, Ukuboza, 2024 yahuje ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda( Olivier Nduhungirehe) na D...
Muri Teritwari ya Masasisi hari kubera imirwano ikomeye hagati ya M23 n’abarwanyi ba Wazalendo bafatanyije n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Imirwano ikomeye iri kubera neza neza ahitwa M...
Mu ifasi ya Nyamilima muri Teritwari ya Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru hubuye imirwano hagati ya M23 n’abagize Wazalendo uyu ukaba umutwe w’urubyiruko rukarana n’ingabo za DRC. Radio Okapi ivuga ko...
Ku wa Mbere taliki 17 nibwo insoresore zo mu ihuriro ry’urubyiruko rwiyise Wazalendo bikoze bagaba igitero ku birindiro by’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Zikihagera zasanze izi ngabo zaz...
Nyuma y’uko inzego zo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu bafashe uwitwa Niyitegeka Evariste bivugwa ko yari avuye muri Wazalendo aje gusura umugore n’abana yari yarasize mu Rwanda, byaje kum...
Igice cy’umuhanda wa Goma kiri ahitwa Kimashini cyafunzwe n’abigaragambya bakoresheje amabuye. Ni igice cyahuzaga umuhanda Goma-Sake. Iyi myigaragambyo amakuru Taarifa ifite avuga ko yatangiye k...
Mu masaha y’igicamunsi cyo kuri iki Cyumweru mu Mujyi wa Goma humvikanye amasasu yavuze nyuma y’ubwumvikane buke hagati y’ingaboza DRC n’abarwanyi bagize urubyiruko rwa Wazalendo bari basanzwe bakoran...
Kubera impamvu zitaramenyekana, mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru mu Mujyi wa Goma habereye imirwano hagati y’ingabo za DRC n’urubyiruko rugize ikiswe Wazalendo. Abatuye uyu mujyi bavuga ko babanje kugi...
Umukuru wa DRC yaraye abwiye Radio RFI na France 24 ko abasore bagize umutwe wa Wazalendo ari intwari z’igihugu cye. Uyu mutwe ariko ushinjwa kwica abaturage ba DRC bavuga Ikinyarwanda bo mu bwoko bw&...
Abasirikare bakuru mu ngabo z’Uburundi baje gusezera kuri Major Erenest Gashirahamwe wiciwe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Impamvu y’urupfu rwe ntivugwaho rumwe kuko hari uruhande ruvuga ko y...









