Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Patrick Nduhungirehe yavuze ko hari amakuru yizewe y’uko hari abacanshuro Repubulika ya Demukarasi ya Congo yakuye muri Colombia ngo baze bayif...
Perezida wa Centrafrique Faustin-Archange Touadéra muri iki gihe ari gushaka uko yakwigizayo abacanshuro ba Wagner agatangira gukorana n’ikigo cy’Abanyamerika gicunga iby’umutekano kitwa Bancroft Glob...
Nyuma y’urupfu rw’uwahoze ayobora umutwe Wagner azize impanuka y’indege, Perezida w’Uburusiya Vladmin Putin yashyizeho umusimbura we ari Andrei Troshev Yaraye amuhaye amabwiriza y’uburyo agomba gukora...
Hashize amezi abiri Yevgeny Prigozhin n’abarwanyi be bo mu Mutwe wa Wagner bahindukiranye Putin ngo bamumeneshe ku butegetsi ariko biza ‘gupfuba’. Icyo gihe Putin yavugiye mu itangazamakuru ko ibyakoz...
Evgueni Prigojine uyobora umutwe mugari w’abacanshuro b’Abarusiya bagize ikitwa Wagner yatangaje ko afite umugambi wo kwagura ibikorwa bye bikagera henshi muri Afurika. Yabitangarije muri video yacish...
Hari video iri ku mbuga nkoranyambaga yerekana umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant Colonel mu ngabo z’Uburusiya witwa Roman Venevitin wemera ko ari uwo mu ngabo za Leta ya Putin kandi ko yafashwe u...
Itangazamakuru ryo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika rivuga ko ubutegetsi bw’i Washington buri gukora uko bushoboye kugira ngo bukumire imbaraga z’abacanshuro ba Wagner muri Libya no muri Sudan. Nyuma ...






