Perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko mu itangazamakuru ari ho yamenyeye ko Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya DRC yeguye. Tshisekedi yavuze ko azakomeza kumufata nk’umuvandimw...
Vital Kamerhe yatorewe kongera kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyuma y’iminsi mike iwe hagabwe igitero cyashakaga kumuhitana ariko abapolisi babiri mu bamurinda ...
Kamerhe Vital yongeye gutorerwa kuba Perezida W’Inteko ishinga amategeko ya DRC. Ni umwanya asubiyemo kuko yigeze kuyiyobora kugeza mu mwaka wa 2009 ubwo yeguraga. Ubwo yeguraga yavuze ko atemer...
Nyuma y’uko bitangajwe ko yuriye indege akajya mu Bubiligi, bamwe bagakeka ko ari ho yahungiye, amakuru atangwa na Jeune Afrique aremeza ko Vital Kamerhe ari mu Bufaransa kandi azamarayo ukwezi kumwe....
Amakuru atangarizwa kuri Twitter na bamwe mu banyamakuru bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo aremeza ko Vital Kamerhe yaraye yuriye indege ajya mu gihugu batatangaje. Birakekwaho yaba yagiye kwi...




