Bwa mbere mu mateka ya Palestine, ubuyobozi bwayo bwashyizeho umwanya wa Visi Perezida, intambwe bamwe bavuga ko ari iyo gutegura uzasimbura Mahamoud Abbas. Umuvugizi w’Inama nkuru y’Ishyaka Palestine...
Visi Perezida wa Guinée Equatoriale Teodoro Obiang Nguema Mangue yanditse ku rubuga X ko bagiye guhagarika abayobozi bose bagaragaye bakorera imibonano mpuzabitsina mu Biro bya Minisitiri. Hari amas...
Saulos Chilima wari Visi Perezida wa Malawi yapfanye n’abantu icyenda bari bari kumwe muri kajugujugu iherutse gukora impanuka. Iby’urupfu rwe byatangajwe na Perezida wa Malawi Lazarus Cha...
Andrew Rucyahana Mpuhwe wari usanzwe ari umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe ubukungu yeguye kubera ko yemera ko kuba yaritabiriye umuhango wo gushyiraho umutware w’Abakono bitari bikwiy...
Joof yaguye mu Buhinde azize uburwayi yari amaranye igihe gito. Perezida wa Gambia Adama Barrow niwe wamubitse abinyujije mu itangaza ryaciye kuri Facebook. Allieu Badara Joof niwe Visi Perezida wa Ga...
Jean-Marc Kabund yatangaje ko yeguye ku nshingano ze kubera icyo yise agasuzuguro no gucishwa bugufi. Yafashe iki cyemezo nyuma y’uko abapolisi bamurinda bakubiswe n’abasirikare barinda Perezida wa Re...





