Jean Paulin Uwitonze Komiseri mukuru ushinzwe serivisi z’abasora n’itumanaho mu Kigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro yabwiye Taarifa Rwanda ko abavuga ko hari umusoro mushya washyiriweho abateg...
Uwitonze Jean Paulin ushinzwe abasora n’itumanaho mu kigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro avuga ko mu mezi make ashize iki kigo cyahaye ishimwe rya Miliyari Frw 1.5 abatse EB...
Ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyatangarije abasora bose batumiza ibintu mu mahanga n’abakora amasoko ya Leta ko igihe cyo gusaba icyemezo cy’ubudakemwa kitwa Quitus Fiscal cy’umwaka wa ...
Mu gihe hasigaye iminsi micye ngo italiki ntarengwa yo kuba abasoreshwa barangije gutanga imisoro igere( ni Taliki 16, Gicurasi), Komiseri wungirije ushinzwe abasora n’itumanaho Jean Paulin Uwitonze y...
Abasoreshwa b’Abanyarwanda baragirwa inama yo kwirinda gutinda kumenyekanisha umusoro no kuwutangira igihe kuko iyo bitagenze uko, abatarabikurikije bahura n’ibibazo birimo amande cyangwa gufungirwa u...




