Ubushakashatsi bwateguwe na Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango buvuga ko 57,1% ari ijanisha ry’abakobwa baterwa inda batarageza imyaka y’ubukure baba bazitewe nabo bita inshuti. 7% ba...
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango ivuga ko bibabaje kuba hari ababyeyi batita ku isuku y’abana babo bikagira ingaruka ku mibereho yabo kuko bituma barwaragurika. Ni ingingo ikomeye k...
Abahanzi nyarwanda muri rusange bishimiye ko umusaza Abdul Makanyaga yavuye mu bitaro. Jane Uwimana uri mu bamubaye hafi yabwiye Taarifa ko bateganya kuzakoresha igitaramo cyo kwishimira imyaka 50 Mak...
Ku mbuga nkoranyambaga hari inyandiko iri kuhacicikana isaba abantu gusinya inyandiko isaba inzego z’ubugenzacyaha gukurikirana umunyamakuru Agnes Nkusi Uwimana na Aimable Uzaramba Karasira( wahoze a...


