Mugisha Benjamin wamamaye ku izina ry’ubuhanzi nka The Ben we n’umugore we babyaye imfura bayita Mugisha Paris. Umugore we witwa Pamela Uwicyeza yabyariye mu Bubiligi nyuma y’igihe gito yari amaze mu...
Dr. Usta Kayitesi wari usanzwe uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere RGB yahererekanyije ububasha na mugenzi we Dr. Doris Uwicyeza ngo asigare ayobora iki kigo. Kayitesi aherutse gusimbuzwa U...
Alain Mukuralinda uvugira Guverinoma y’u Rwanda nk’Umuvugizi wungirije avuga ko mu masezerano rwagiranye n’Ubwongereza ku mafaranga yo kwita ku bimukira nta hateganyijwe ko azasubizwa abayatanze ibyem...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) ryabwiye abacamanza b’Urukiko rukuru rw’Ubwongereza ko riri kwegeranya ibimenyetso bishya byo muri uyu mwaka wa 2024 bigaragaza ko ...
Amakuru aravuga ko hari abimukira 100 bamaze gutoranywa n’abayobozi b’Ubwongereza bategerejwe mu Rwanda muri Mata, 2024 mu gihe nta gihindutse. Ni ibyatangajwe n’urubuga rusanzwe rutangaza ku Rwanda i...
Bimwe mu bizakorwa na Leta y’Ubwongereza ubwo izaba yohereje abimukira mu Rwanda mu gihe byose bizaba byamaze gushyirwa ku murongo ni uguha buri wese amapawundi 3,000 ni ukuvuga hafi miliyoni Frw 5. M...
The Ben wari umaze igihe kirenga umwaka ari mu Rwanda yasubiye muri USA wenyine ntiyajyana umukobwa yari amaze iminsi mike yerekanye ko ari umukunzi we. Haribazwa niba ibyabo bitaba birangiriye aho! ...






