Uwayo Divin wari usanzwe ari umunyamakuru kuri RBA yashinzwe kuyobora radio zose za RBA. Bikubiye mu itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bwa RBA, rikaba rikubiyemo n’uko Ines Ghislaine Nyinawum...
Abayobozi muri Komite Olimpiki y’u Rwanda batangaje ko bemeye ko abantu bashaka kuzitabira imikino olimpiki izabera mu Buyapani mu mwaka wa 2022 bazajya bakingirirwa icyorezo COVID-19 mu Rwanda. Qatar...
Nyuma yo kumva ibigwi by’abiyamamarizaga kuyobora Komite Olimpiki y’u Rwanda, abitabiriye Inteko Rusange yayo batoye Bwana Théogène Uwayo ngo abe ari we uyiyobora. Yatowe n’abitabiriye iriya Nte...
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Mbere tariki 03, Gicurasi, 2021, ibigo bishinzwe gukurikirana imikorere y’ibinyamakuru mu Rwanda byaraye bitangaje abanyamakuru bahize abandi mu nkuru nziza mu mwaka ...
Ubuyobozi muri Ambasade y’u Rwanda mu Leza zunze ubumwe bw’Abarabu buvuga ko hari Umunyarwandakazi witwa Jeanne Uwayo Harrison wapfiriye i Dubai. Uyu mugore yari afite n’ubwenegihugu bwa Kenya. ...




