Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ibikorwaremezo Madamu Patricie Uwase yabwiye Abasenateri ko Umushinwa wapatanye kubaka umuhanda wa Prince House-Rwandex-Kanogo yawusondetse. Ni igisubizo yatanz...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’ibikorwa remezo, Patricia Uwase yatangaje ko amashanyarazi azacanira ikibuga Cya Bugesera azakururwa mu rugomero rwa Rusumo ruri hafi gutahwa. Intego ni u...
Umwe mu myanzuro yafatiwe mu nama iherutse guhuza abayobozi muri za Minisiteri z’ibikorwaremezo n’abandi bakorana nabo yabereye i Bujumbura, uvuga ko Malawi yemerewe kujya mu bihugu bigize Umuhora wo ...
Abakora mu bwikorezi bw’ibicuruzwa bica ku butaka barasaba bakomeje ko imishinga u Rwanda ruhuriraho n’ibindi bihugu bikoresha umuhora wo hagati yihutishwa igashyirwa mu bikorwa. Bemeza ko ishyirwa mu...
Umunyamabanga nshingwabikorwa mu Muryango w’ibihugu bigize Umuhora wo hagati witwa Flory Okandju yasinyanye amasezerano n’ubuyobozi bw’Ihuriro ry’abikorera bo mu Rwanda. Ni amasezerano arebana n’ubufa...
K’ubufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda n’Ubuyobozi bw’Umuhora wo hagati, uruzi rw’Akagera rugiye gushakirwa ubwato bunini kandi bukomeye buzafasha mu kwinjiza cyangwa gusobora ibicuruzwa mu Rwanda bij...
Ishami ry’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe rishinzwe iterambere ry’ibikorwaremezo riherutse guhemba ikigo cyo mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba kitwa The Central Corridor Transit Transport Facilita...






