Ku bufatanye bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza mu mahanga ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, n’abafatanyabikorwa bacyo, gusazura ikawa bimaze gukorerwa mu turere icyenda. Iki gikorwa cyatang...
Mu Ntara y’Amajyepfo yateraniye Inama yo gufatira hamwe ingamba zo kurwanya isuri mu Ntara y’Amajyepfo. Imibare yayitangiwemo n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi, RAB, ...
Kuri uyu wa Gatandatu mu Rwanda haraba amatora mu rwego rw’Umurenge. Ni amatora y’abagize Komite mu byiciro bitandukanye. Abari buyobore ariya matora babanje kurahirira kuza gukora neza ibyo bashinzwe...
Gahunda yo gukingira COVID-19 mu Rwanda yafashe indi ntera, aho kuri uyu wa Mbere Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyatangaje ko inkingo zisaga miliyoni 1 zoherejwe mu turere 12, zikazahabwa a...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko hari imirenge imwe n’imwe yo mu Ntara yashyize muri Guma mu rugo. Iyi Minisiteri ivuga ko byatewe n’ubwiyongere bw’icyorezo COVID-19 bumaze kuhaga...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi akomeje uruzinduko ari kugirira mu turere tw’Intara y’i Burengerazuba. Kuri uyu wa Gatandatu yasuye Akarere ka Rusizi. Yasuye ahantu hat...
Ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere, Rwanda Meteorological Agency, kiraburira Abanyarwanda ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 19, Mata, 2021 kugeza ku wa Mbere tariki 19, Mata, 2021 umuyaga mw...
Ubwo yagiraga icyo avuga ko gikorwa cyo gushaka no gufata ibiribwa n’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yavuze ko biriya bicuruzwa bisanze hirya no hino. Ib...
Mu rwego rwo kugira ngo gahunda yo gutangira gukingira Abanyarwanda izatangire kuri uyu wa Gatanu tariki 05, Werurwe, 2021, imodoka z’ibitaro by’uturere hirya no hino mu Rwanda zatan...








