Guverinoma y’u Rwanda itangaza ko k’ubufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere, UNFPA, hashyizweho Ikigega kizaha urubyiruko inguzanyo nta ngwate. ...
Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’abahanzi ifatanyije na Imbuto Foundation igiye kubaka ibigo by’urubyiruko mu rwego rwo kuzamura impano zarwo. Ni ubufatanye bwiza kuko Umunyamabanga wa Le...
N’ubwo atamuvuze mu izina ariko Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yatangaje hari umwe mu bashakaga kuziyamamariza kuyobora u Rwanda wahaga urubyir...
Umushinga wo kubaka iyo nyubako watangiye muri Mutarama 2022 ku bufatanye bwa Leta y’u Rwanda n’Ubwami bw’u Bubiligi bubinyugije mu masezerano hagati y’Ikigo gishinzwe gutera Inkunga ibikorwa by’itera...
Minisitiri w’urubyiruko Dr. Utumatwishima Abdallah avuga iyo urubyiruko rubonye akazi, bituma rukora rukinjiza bityo rukitunga, bigatuma rutishora mu byaha kubera ko ruba rufite icyo ruhugiyeho. Yabiv...




