Perezida Kagame avuga ko yemeranya ku ngingo nyinshi na mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump uherutse guhagarika inkunga ya USAID yagenerwaga amahanga. Ibi aherutse kubitangariza u...
Ubuyobozi bw’uruganda Masaka Farms bukorera mu cyanya cy’inganda cya Masoro bushimirwa ko mu nzego zose z’imirimo irukorerwamo uhasanga abafite ubumuga. Ubumuga ni imiterere ya rumwe mu ngingo z’umubi...
Ambasaderi w’Amerika mu Rwanda Eric Kneedler avuga ko igihugu cye cyatanze Miliyoni $85 azashyirwa mu mishinga ibiri igamije kurushaho guha abaturage serivisi nziza mu buzima. Amb Kneedler avuga ko iy...
Ikigega cy’Abanyamerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga(USAID) cyatanze miliyoni $1.5 ( ni ukuvuga miliyari 1.5 Frw) yo gufasha abafite ubumuga kwihangira akazi. Ni mu rwego rwo kubafasha kwivana mu...



