Leta zunze ubumwe z’Amerika zitangaje ko zigiye kwicara zikiga ku bihano zafatira ubutegetsi bwa Uganda zibushinja ko bwibiye Museveni amajwi agatsinda Amatora y’Umukuru w’Igihugu aheruka. Yari ayaha...
Umwe mubo mu muryango wa nyakwigendera Padiri Ubald Rugirangoga yabwiye Taarifa ko tariki 27 na 29, Mutarama, 2021 i Utah hateguwe umuhango uzabera Online wo gusezera kuri Padiri Ubald Rugirangora. K...
Myugariro w’Amavubi yamaze kubona ikipe yo muri Macedonia azakinira yitwa Shkupi FC. Rwatubyaye Abdoul yari asanzwe akinira ikipe ya SuitchBacks yo mu cyiciro cya mbere muri Leta Zunze Ubumwe za Am...
Dr Hasan Gokal wakoraga mu bitaro biri Houston muri Texas yatawe muri yombi na Polisi nyuma y’iperereza yari imaze iminsi imukoraho ry’uko yibye inkingo icyenda za COVID-19 agakingira abo mu muryango ...
Mu masaha ya nyuma ya Saa sita kuri uyu wa Gatatu nibwo Donald Trump wari umaze imyaka ine ayobora Leta zunze ubumwe z’Amerika yazinze ibye ava mu ngoro y’Umukuru wa USA yitwa White House. Yahise aga...
Polisi irinda Inyubako y’Inteko ishinga amategeko ya USA yitwa US Capitol Police yafashe umugabo ukomoka muri Leta ya Virgnia afite imbunda yuzuye amasasu n’impapuro z’impimbano z’uko yemerewe kujya ...
Ni ikibazo buri wese yakwibaza aramutse yibutse ko COVID-19 yatangiriye mu Bushinwa mu mpera za 2019, Umunyamabanga wa World Health Organization Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus agashinjwa na USA ko yaba...
Arikipisikopi wa Kigali Cardinal Antoine Kambanda yifurije Padiri Ubald Rugirangoga uherutse gutabaruka kuzagira iruhuko ridashira kandi Imana ikamwakira mu ijiro aho iganje. Yanditse kuri Twitter ati...
Ni ubwa mbere mu mateka ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika abaturage bigabye bagatera Ibiro by’Inteko ishinga amategeko, bakinjiramo bakayisakiza. Polisi iyirinda byarayirenze irazibukira. Igitangaje ni u...
Tariki 14, Ukuboza, 2020 u Bwongereza bwamenyesheje Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi ko bwatewe n’icyorezo gishya cya COVID-19. Bwavuze ko bwasanze cyandura vuba kurusha ...









