Nyuma y’uko atsinzwe amatora y’Umukuru w’Igihugu wa USA aheruka, ndetse akirukanwa burundu kuri Twitter, Bwana Donald J Trump yatangije Ibiro Bye bizajya bikurikirana umurage yasize akiri Perezida wa ...
Kuva Isi yabaho na ba maneko babayeho. Nta kuntu mu gisirikare wamenya amakuru y’abanzi bawe udashatsemo ibyitso ngo umenye uko bakora n’uburyo wabarusha amayeri ukabatanga, ukabaca intege. Urugero rw...
Abantu umunani biganjemo abagore bakomoka ku mugabane wa Aziya bishwe barashwe mu bikorwa byabereye ahantu hatatu hatandukanye, umusore ukekwaho ubwo bwicanyi akaba yatawe muri yombi. Ubwo bwicanyi bw...
Umwe mu bakozi bakuru muri Ambasade ya Ethiopia muri USA iwtwa Berhane Kidanemariam yeguye ku mwanya we kubera icyo yise ibyaha bya Jenoside Guverinoma ye avuga ko ikorera abatuye Tigray. Yagize ati: ...
I Nyamata mu Karere ka Bugesera, haguye ishyano ubwo abantu basangaga umurambo w’umusore w’imyaka 25 y’amavuko witwa Jean Paul Nsabigaba yiyahuye yimanitse. Amakuru dukesha abo mu muryango we avuga ko...
Perezida wa USA Joe Biden yahaye umugore witwa Laura J. Richardson ipeti rya Jenerali w’inyenyeri enye. Byahuriranye n’uko kuri uyu wa 08, Werurwe, buri mwaka isi izirikana akamaro abagore bafit...
Mu gihe kitageze ku mezi atatu ageze ku butegetsi bwa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yategetse ingabo ze kugaba igitero cyaguyemo abarwanyi USA ivuga ko bashyigikiwe na Iran ariko basanz...
Ibihugu bigize Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi ntibivuga rumwe ku ngingo yo gukomorera Centrafrique ikabona intwaro. Ibi ariko byarakaje Leta ya Centrafrique, yo ikavuga ko bi...
Bwana Richard Austin Quest usanzwe ari umwe mu banditsi bakuru ba CNN ishami ry’ubucuruzi yanditse ko ari mu nzira zo kuza mu Rwanda. Quest ni umwe mu banyamakuru bakomeye bo USA bakorera kandi bakore...
Abashakashatsi bo mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi batangiye akazi ko gusuzuma Laboratoire y’i Wuhan bivugwa ko ariyo yakorewemo coronavirus yaje kwitwa COVID-19. Bari bamaz...









