Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma ya Leta zunze ubumwe z’Amerika avuga ko yaraye agiranye ikiganiro na Perezida Kagame cyakozwe kuri telefoni. Avuga ko baganiriye ku ngingo z...
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yageneye u Rwanda inkingo 488,370 z’icyorezo cya COVID-19 zo mu bwoko bwa Pfizer, zirimo igice cy’inkingo miliyoni 500 icyo gihugu cyemeye guha ibihugu bitan...
Rwiyemezamirimo witwa Juvens Nyawakira avuga ko Umuryango w’Abanyamerika witwa US Peace Corps wamuhaye akazi ko kuzajya asana ibikoresho by’aho ukorera ukamwishyura. Wamwishyuye igihe gito, nyuma ur...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiye kohereza muri Afurika inkingo za COVID-19 zisaga miliyoni 15, nk’igice cy’inkingo miliyoni 80 icyo gihugu giheruka kwemera gusaranganya n’amahanga bitarenze Kame...
Muri Afghanistan intambara yubuye hagati y’abarwanyi b’Abatalibani n’ingabo za kiriya gihugu. Imirwano iheruka yaraye ibereye mu gace ka Mehterlam mu Ntara ya Laghman. Abarwanyi b’Abatalibani batangij...
Mu gihe hasigaye igihe gito kugira ngo ingabo z’Amerika zitahe ariko ubu zikaba zarongerewe igihe, byarakaje Abatalibani. Ingabo na Polisi baryamiye amajanja biteguye ko abarwanyi b’Aba Taliban ...
Ku kazi no mu buriri niho hantu habiri umuntu uwo ari we wese amara igihe kinini cy’ubuzima bwe. Mu bihugu hafi ya byose by’isi, abakozi bo mu ngeri zose barya umugati bawubiriye icyokere. Kubira icyo...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zemeye koherereza u Rwanda Madamu Béatrice Munyenyezi ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu mugore yageze muri USA abeshya ko nta ruhare yigeze...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 15, Mata, 2021 Perezida wa USA, Joe Biden aratangaza ku mugaragaro ko ingabo ze zigiye kuvanwa muri Afghanistan. Biteganyijwe ko zose zizaba zahavuye bitarenze tariki 11, Nze...
Ingabo Za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakoze urukingo rwihariye kuko rukingira umubiri virus itera icyorezo cya COVID-19, n’izindi coronavirus zose zishobora kuwufata. Ni urukingo rutagira ingar...









