Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi, na IBUKA buvuga ko hari imibiri irenga 900 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 itarashyingurwa. Mu nama yabahuje bemeje ko iriya mibiri ishyingurwa...
Amakuru aturuka mu Karere ka Rubavu avuga ko inzego z’ibanze zifatanyije na IBUKA hagiye kwimurwa imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yari ishyinguye mu rwibutso rwa Bigogwe kugira ngo rutung...
Mu gitabo cy’abashyitsi basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi, Mevlüt Çavuşoğlu ushinzwe ububanyi n’amahanga wa Turikiya yanditse ko igihugu cye kifatanyije n’u Rwanda mu bihe rwanyuzemo. Av...
I Nyanza mu Karere ka Kicukiro mu marembo yinjira ku Rwibutso rwa Jenoside, hatashywe ubusitani bwo kwibuka. Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana...
Umupadiri w’imyaka 40 usanzwe uyobora Ikigo cy’amashuri cyo ku Mayaga kitwa EAV Mayaga ndetse n’Umwarimu ukigishaho w’imyaka 47 baherutse gufatwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha rubakurikiranyeho ingengabit...
Ni bimwe mubyo Umuyobozi w’Ikigo MAGERWA yaraye abwiye abari baje kwibuka abahoze ari abakozi b’iki kigo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Mohd Yassin Bin Kabir asanga kugira ngo u Rwanda...
Mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu hibukiwe bwa Mbere Jenoside yakorewe Abatutsi. Byabereye mu gace kahoze mu ishyamba rya Gishwati ahitwa Muhungwe. Abaharokokeye basabye inzego bireba ko zahash...
Umujyanama wa Perezida Museveni akaba n’umuhungu Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ku Gisozi. Yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ko kuba Leta y’u Rwanda yarashyi...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 02, Kanama, 2021 Perezida wa Tanzania, Madamu Samia Suluhu Hassan yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi asiga atanze ...
Mu Rwanda cyane cyane mu Mujyi wa Kigali ibiganiro biterekeye ibiri kubera i Rubavu kubera umutingito uhamaze igihe, ni ibyerekeye uruzinduko Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron azagirira mu Rwanda...









