Icyamamare mu gutera urwenya wamamaye ku izina rya Nyaxo ariko ubundi witwa Olivier Kanyabugande yaraye akoresheje ikiganiro cyacagaho ako kanya cy’urwenya yacishije kuri TikTok kitajyanye n’igihe cyo...
Umunyarwenya wo muri Uganda Anne Kansiime na mugenzi we wo muri Kenya witwa Mammito bagiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cya Gen-Z Comedy Night kizaba kuri uyu wa Gatandatu taliki 09, Ugushyingo, 2...
Omondi ni umwe mu banyarwenya bakomeye muri Afurika. Yatawe muri yombi na Polisi ya Kenya ubwo yahaga buri wese mu bafana be umufuka w’akawunga ngo bazamuherekeze ajye ku Biro by’Umukuru w’igihugu kwi...
Kuri iki Cyumweru Taliki 25, Nzeri, 2022 mu masaha y’umugoroba, biteganyijwe ko umunyarwenya kazi ukomoka muri Uganda witwa Anne Kansiime ari bukore igitaramo. Ni igitaramo yatumiwemo na bagenzi be ki...
Itsinda ry’abanyarwenya Comedy Knights Rwanda rivuga ko abakunda urwenya bagiye kongera kugorora imbavu binyuze mu bitaramo ngarukakwezi bise ‘Half Hour Comedy Specials’ birimo n’igice kiswe ‘Bitu Bik...
Umunya Uganda kazi witwa Anne Kansiime ufatwa nk’umugore uhiga abandi banyarwenya muri Afurika y’i Burasirazuba, afite gahunda yo kugaruka gutaramira Abanyarwanda. Ni mu gitaramo kitwa Seka Live. Yahe...





