Urwego rw’Amerika rushinzwe ubugenzacyaha, Federal Bureau of Investigation, rwishe umugabo wari uherutse gutangaza kuri Facebook ko azica Biden. Uwishwe yitwa Craig Robertson. Yari atuye muri Leta ya ...
Serge Brammertz umushinjacyaha mukuru mu rwego rwasigariyeho icyahoze ari urukiko ruburanisha abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yaraye asuye urwibutso rwa Nyange muri Ngororero. Rush...
Denis Sassou Nguesso uyobora Congo Brazzaville ategerejwe mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Iki gihugu gifitanye umubano n’u Rwanda guhera mu mwaka wa 1982. Kuva icyo gihe kugeza ubu ibihugu by...
Amafunguro y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 20, Kamena, 2023 Perezida Kagame yayasangiye na mugenzi we Hakainde Hichilema uyobora Zambia uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Hi...
Nyuma ya saa sita kuru uyu wa Kabiri taliki 21, Gashyantare, 2023, Minisitiri w’intebe wungirije akaba n’w’uububanyi n’amahanga mu bwami bwa Jordan witwa Ayman Hsafadi, yakgeze i Kigali. Yakiriwe na m...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame ari i Maputo muri Mozambique mu ruzinduko rw’akazi nk’uko bitangazwa n’Ibiro by’Umukuru w’igihugu. Yaherukagayo mu mezi menshi ashize icyo gihe akaba yarashimiye ingabo ...
Mu ruzinduko ari mo muri Leta ziyunze z’Abarabu, Perezida Paul Kagame yaraye ahuye n’Umuyobozi w’iki gihugu witwa Mohamed Bin Zayed amufata mu mugongo mu izina ry’Abanyarwanda nyuma y’uko iki gihugu g...
Mu masaha ashyira ay’igicamunsi kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Kamena, 2022 nibwo Perezida Kagame yari ageze Abu Dhabi muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu mu ruzinduko rw’akazi. Sheikh Shakhboot bin Nahya...
Umukuru w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yaraye ageze i Kingston mu Murwa mukuru wa Jamaica mu ruzinduko rw’iminsi itatu akoreye bwa mbere muri kiriya gihugu. Yakiriwe n’Umuyobozi wa Jamaica witwa Si...
Ambasaderi Claver Gatete yaraye agejeje impapuro zimwemerera guhagarira u Rwanda ku muyobozi wa Jamaica witwa Sit Patrick Allen. Gatete yari aherutse kugira Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango W’Abibum...









