Umugore utatangajwe amazina yabwiye ubushinjacyaha bukora ku rwego rwisumbuye rwa Huye ko yahengereye ijoro riguye amanukana umwana we amuhetse ageze ku Kanyaru aramwururutsa amuta mo. Ni umugore ukir...
Abarobyi 200 muri 234 bari baherutse gufatwa na Polisi ya Angola irinda imipaka ikora ku mazi baraye barekuwe. Bafashwe Tariki 25, Nyakanga, 2025 baroba amazi ari ahitwa Kimuabi muri Teritwari ya Moan...
Imvura yaguye mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatumye uruzi rwa Ndjili rwuzura, amazi arasembera ku buryo yabujije abo ku ruhande rumwe kwambuka bajya ku rundi. Abo yasanze hakury...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye Abakuru b’ibihugu bituriye uruzi rwa Congo ko u Rwanda rushyigikiye umuhati wabyo wo kubungabunga amazi yarwo. Hari mu nama yahagarariyemo Perezida Pau...
Abantu bari bavuye gutaha ubukwe barohomye, abagera ku 103 barapfa. Byabereye muri Leta ya Kwara ituranye ni iya Niger muri Nigeria. Barohamye mu mugezi wa Niger uca hagati y’izi Leta nk’uko Polisi ya...
Mu ruzinduko Perezida Kagame arimo muri Zambia yasuye byinshi ariko hari ifoto yasohowe n’Umuvugizi w’Ibiro bye witwa Stephanie Nyombayire ishishikaje! Ni ifoto Perezida Kagame ari gukora ku nyamaswa ...
Mu ruzinduko ari mo muri Zambia Perezida Kagame yaraye atemberejwe na mugenzi we Hakainde Hichilema ku isumo ryitiriwe uwahoze ari umwamikazi w’u Bwongereza witwa Victoria riri ku ruzi rwa Zambezi. Pr...
Ubutegetsi bwa Sudani bwatangaje ko bwarakajwe n’uko Ethiopia yafunguye igice cya mbere y’urugomero rw’amashanyarazi ku ruzi rwa Nili ruhuriweho n’ibihugu bitandukanye birimo na Misiri itabumenyeshej...
Hirya no hino ku isi usanga ingoro z’Abakuru b’ibihugu ziba ari ahantu hakomeye hahurirwa n’abantu batekerereza igihugu kandi barinzwe cyane. Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ho si ko bimeze. B...
Minisitiri w’ibidukikije mu Rwanda Dr Jeanne D’Arc Mujawamariya yeretse abahagarariye ibihugu bikora ku ruzi rwa Nil raporo ikubiyemo ingamba zishingiye ku bushakashatsi zizabafasha gufata ingamba zo ...









