Guhera taliki 23 kuzageza taliki 27, Nyakanga, 2023 mu Rwanda hazabera inama mpuzamahanga y’abahanga mu binyabuzima iziga uko ibinyabuzima bibungabunzwe byakomeza gusagamba. Ni inama yiswe 2023 Intern...
Muri iki gihe abahanga bakunze kuburira abanyapolitiki ko niba bashaka ko abaturage babo bazabaho mu gihe kiri imbere barya bagahaga, bagombye kwita ku bidukikije, bakabirinda kwangirika. Ariko se ubu...
Abahanga mu binyabuzima bamaze igihe kinini bavuga ko hari ibinyabuzima bicika ku isi kubera ibikorwa bya muntu ariko abantu bakagira ngo ni amashyengo y’abashakashatsi. Icyegeranyo cyasohowe n’ihurir...


