Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rurasaba Abanyarwanda bajya gusenga kujya bitwararika Telefone zabo kuko hari abazihibirwa. Umuvugizi w’uru rwego, Thierry B. Murangira, yabivu...
Umuyobozi w’Itorero ADEPR Ngarama mu Karere ka Gatsibo yafashwe ari gusengana n’Abakirisitu kandi yari yarafungiwe kubera ko urusengero rutujuje ibisabwa. Urusengero rwe rwafunzwe ku cyemezo giherutse...
Abakirisitu bari baje gusenga kuri iki Cyumweru, basohotse mu rusengero rya Blessing Church baritahira nyuma yo kubona ko hari umwiryane hagati y’abayobozi. Nyuma y’ayo makimbirane, urusengero rwahise...
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwatangaje ko rwasanze ikirego cy’abashakaga ko Apôtre Dr Paul Gitwaza yeguzwa nta shingiro gifite, rutangaza ko kitakiriwe. Abashumba batandatu nibo bamuregaga. Abo ni ...
Ni ubwo bwa mbere mu myaka irenga 100 Abahinde bageze mu Rwanda, bubatse ingoro y’idini ry’abo ry’Abahindu. Ni ingoro yubatswe mu Karere ka Kicukiro ahitwa i Nyanza hafi y’ahari gare ya Nyanza uzamuk...




