Mu Buhinde haravugwa urupfu rw’Abarusiya batatu bapfuye mu buryo kugeza ubu bukiri amayobera. Uherutse gupfa ni Umurusiya wari enjeniyeri( engineer) basanze yapfiriye muri Hoteli yari acumbitsemo. Uyu...
Nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica uwahoze ari inshuti y’uwo bakundanaga mu mwaka wa 2002 agakatirwa urwo gupfa mu mwaka wa 2010 ariko ntibishyirwe mu bikorwa kuko yajuriye, Aaron Gunches yasabye u...
Kuri uyu wa Kane Taliki 15, Nzeri, 2022 abakunda umuziki uhimbaza Imana mu Rwanda bararanye agahinda nyuma y’inkuru y’urupfu rw’umuhanzikazi wamamaye ku izina rya Precious. Yapfuye afite imyaka 27 y’a...
Umukambwe Pasiteri Ezra Mpyisi yaraye akorewe ibirori by’uko aherutse kuzuza imyaka ijana. Ni ibirori byabereye muri imwe muri Hoteli z’i Kigali ariko mu ibanga hirindwa ko hashoboraga kuza abantu be...
Iyo ukurikiranye amakuru y’ibibera ku isi, ubona ko ubumuntu mu bantu bugeze habi. Uretse abafitanye isano bicana, hari n’ibikorwa by’ubugome bikorwa n’abantu bafitanye isano ya kure cyangwa badafitan...
Amakuru ababaje azindutse avugwa ni ay’uko umunyamakuru wa BTN witwa Celestin Ntawuyirushamaboko yitabye Imana. Kugeza ubu hari amakuru avuga ko yari arwaye Diabetes Abamubonye mu minsi yashize bahis...
Ni ubwa mbere abantu 81 bakatiwe urwo gupfa baciwe rimwe muri Arabie Saoudite. Birashoboka ko nta n’ahandi biraba ku Isi. Televiziyo y’iki gihugu yatangaje ko bariya bantu bari abagizi ba nabi b...
Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Haïti, Martine Moïse yavuze ko iyicwa ry’umugabo we ryakozwe ‘mu kanya nk’ako guhumbya.’ Ni ubutumwa aherutse gutambutsa kuri Twitter akoresheje ijwi rye yahacishije....
Umuyobozi wa Polisi ya Haïti yatangaje ko abantu bane bafashwe bakekwaho uruhare mu rupfu rwa Perezida wa kiriya gihugu barashwe nyuma yo gushaka gucika. Perezida Jovenel Moïse yishwe mu ijoro ryo kur...
Jovenel Moïse wayoboraga Haïti yiciwe iwe n’abantu kugeza ubu butaramenyakana ariko amakuru avuga ko baje bavuga Igisipanyolo. Amakuru avuga iby’iyicwa rye yatangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe. ...









