Mu ntangiriro z’Icyumweru kiri burangire kuri uyu 04, Gashyantare, i Kisoro muri Uganda haguye Umunyarwanda, apfira muri bisi yavaga i Kampala igana i Kisoro.Yitwa Tuyizere James akaba akomoka mu Mure...
Dr Hage Geingob yapfuye mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru azize uburwayi. Yaguye mu bitaro byo mu gihugu cye aho yavurirwaga. Hage Gottfried Geingob yavutse taliki 03, Kanama, 1941. Yari Perezida wa G...
Kenneth Eugene Smith niwe muntu wa mbere wahanishijwe igihano cyo kwicishwa gazi ya nitrogen. Niwe ugihawe bwa mbere ku isi hose, akaba yari asanzwe ari umuturage wa Leta ya Alabama, USA. Uyu mugabo w...
Mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Gataraga mu Kagari ka Rungu haravugwa inkuru y’ababyeyi bakurikiranyweho gukubita umwana wabo agapfa. Bivugwa ko bamukubise bamuziza guta Frw 10,000. Rwagati mu Cyu...
Mu Kagari ka Kanazi, Umurenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke habaye ibyago byatewe n’inzu yasenyutse igwira abantu bane, umwe arapfa abandi batatu barakomereka. RBA yanditse kuri X ko byaberey...
Mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu haravugwa inkuru mbi y’umwana w’umwaka umwe n’igice waguye mu ndobo amira nkeri, arapfa. Ni ibyago byabaye kuri uyu wa Kane taliki 04, Mutarama, 2024. Abatu...
Mu Karere ka Musanze hari idosiye bamwe mu batuye Umurenge wa Musanze bavuga ko irimo amayobora. Ni iy’umunyeshuri w’imyaka 12 y’amavuko witwa Umuhire Ange Cécile aherutse gupfa mu buryo bateye urujij...
Mu Biro by’Akagari ka Nyakogo mu Murenge wa Kinihira mu Karere ka Ruhango haravugwa inkuru y’uko habonetse umubiri w’umuntu umaze imyaka icyenda(9) apfuye. Umuyobozi w’Umurenge wa Kinihira witwa Jeann...
Mu Kagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo haravugwa inkuru ibabaje y’abantu batatu( Umugabo n’abane be babiri) bapfuye mu buryo bamwe bise ‘amayobera’. Umugore niwe wasigaye ari...
Joof yaguye mu Buhinde azize uburwayi yari amaranye igihe gito. Perezida wa Gambia Adama Barrow niwe wamubitse abinyujije mu itangaza ryaciye kuri Facebook. Allieu Badara Joof niwe Visi Perezida wa Ga...









