Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwasabiye igihano cy’urupfu Joseph Kabila wayoboye icyo gihugu imyaka 18 kubera ibyaha birimo no kugambanira igihugu bumushinja. Ab...
Fiston Wilondja wari umunyamakuru w’imyaka 30 irengaho gato yiciwe i Bukavu, agace kagenzurwa na AFC/M23. Ikinyamakuru cyo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kitwa Le Potentiel cyatangaje ko mu gi...
Imyaka ibaye umunani umwana witwa Ishimwe Daniel yemerewe ubufasha ngo yige neza ariko ntibwamugezeho mu buryo bwari bwarateguwe, bidindiza imyigire n’imikurire bye. Nyina yapfuye akimubyara, akurira ...
Edgar Lungu wabaye Perezida wa Zambia hagati mu mwaka wa 2015 na 2021 yipfuye afite imyaka 68. Umukobwa wa Lungu usanzwe ari Umudepite, Tasila Lungu Mwansa niwe wabitanhaje avuga ko Se yapfiriye mu bi...
Umwaka wa 2024 wabereye abagabo mubi kuko wabahitanye kurusha abagore kandi abenshi bazira indwara zitandura(47.7%) mu gihe abahitanwa n’indwara zandura ari 42.9%. 9.4% rigizwe n’abicwa n’izindi mpamv...
Mu masaha y’igicamunsi kuri uyu wa Gatatu nibwo haje amakuru avuguruza ibyari byavuzwe by’uko Gen Pacifique Ntawunguka witwa Omega yafashwe na M23 kandi ko igiye kumuha u Rwanda. Dr. Balinda yabwiye b...
Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko ku munsi Abanyarwanda hafi icyenda bandura SIDA, n’aho barindwi ikibahitana. Abo barindwi bicwa na SIDA baza biyongera ku bantu bapfa ...
Umugabo witwa Nziza wo mu Murenge wa Rukumberi mu Karere ka Ngoma yafashwe na Polisi ifatanyije na RIB nyuma yo gukekwaho kwica Pauline Nduwamungu, uyu akaba umukecuru yishe arangije amuca umutwe. Ya...
Imvura yaraye iguye henshi mu Mujyi wa Kigali yateje ibiza birimo n’umukingo wagwiriye abana babiri bibaviramo urupfu. Ni ibyemezwa n’Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire yabwi...
Perezida Paul Kagame yavuze ko nyakwigendera ( Rtd) Colonel Joseph Karemera uherutse gutabaruka yari umugabo witangaga muri byose akabikora ari nako yita ku muryango we. Colonel Karemera aherutse guta...









