Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga u Rwanda ruzakomeza gufata abazana ibiyobyabwenge n’ibindi byangiza ubuzima bw’Abanyarwanda. Avuga ko nta kindi Polis...
Leta y’u Rwanda yamaze gutangaza ibikenewe byose ngo umuntu atangire guhinga no gutunganya urumogi mu buryo bwemewe. Bitandukanye ariko na bya bindi bikorwa rwihishwa, abantu bagahinga urumogi banywa....
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe abantu batatu bafite ibilo 12.5 by’urumogi bagiye kurucuruza mu baturage, bahita bashyikirizwa Urwego rw’Ubugenzacyaha ngo bakorweho iperereza. Kuri uyu w...
Polisi y’u Rwanda irasaba abamotari kuzibukira ibikorwa bagaragaramo birimo gufasha abakora ibyaha babageza cyangwa babavana aho babikorera. Ibi Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (...
Polisi y’u Rwanda mu bihe bitandukanye ni ukuvuga tariki ya 20 na 21 Gicurasi, 2021 abapolisi bakorera mu Karere ka Rubavu na Ngororero bafashe udupfunyika tw’urumogi ibihumbi 12, 189. Taarifa...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe abantu batanu bakekwaho gukwirakwiza urumogi, umwe muri bo agerageza guha umupolisi ruswa ya miliyoni 1 Frw ngo amurekure, ariko aramuhakanira. Uko ari batanu ba...
Polisi yafashe umusore w’imyaka 24 afite udupfunyika 5075 tw’urumogi, afatirwa mu Karere ka Ngororero mu Murenge wa Kabaya, avuga ko urwo rumogi arukuye mu Karere ka Rubavu. Yafashwe mu gitondo cyo ku...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ku wa Kabiri tariki ya 13 Mata yataye muri yombi abantu batandukanye, bafatanywe ibipfunyika by’urumogi bikekwa ko bakwirakwizaga mu baturage. Polisi yatangaje ko mu Kar...
Mu Nyanja y’Abahinde haherutse gufatirwa ibiyobyabwenge bipima toni 8.7. Ibyo biyobyabwenge byafashwe ni urumogi, mugo(heroine) n’ikiyobyabwenge bita methamphetamine kinyobwa nk’ikinini. Polisi y’u Bu...
Polisi y’u Rwanda mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru yafatiye mu Karere ka Rubavu abasore batatu bafite ibiro 100 by’urumogi, bingana n’udupfunyika ibihumbi 54. Abafashwe barimo abamotari babiri n’umuso...









