Nyuma yo guhabwa amakuru afatika, Polisi y’u Rwanda yafashe urumogi rungana n’ibilo 15 n’udupfunyika twarwo 2,494 mu bikorwa byakorewe mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Burera. Abagabo babiri barimo ...
Umunyamideli Moses Turahirwa yabwiye urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ko urw’ibanze rwa Nyarugenge kubera ko rwamurenganyije ubwo rwanzuraga ko afungwa iminsi 30. Yavuze ko ruriya rukiko rwamukatiye...
Mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu haherutse gufatirwa udupfunyika 6000 tw’urumogi bivugwa ko rwari ruvanywe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Rwafatiwe kuri Moto yari igeze mu Mudugudu wa...
Akarere ka Burera kamaze kumenyekana kuri byinshi byiza. Ibibi bihavugwa nabyo birahari. Ibyo birimo n’ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge nka kanyanga n’urumogi. Nk’ubu, Polisi iherutse kuhafatita ibilo 16 b...
Isomwa ry’urubanza ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15, Gicurasi 2023 ribera mu cyumba cy’urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge ryanzuye ko Turahirwa Moses afungwa iminsi 30 y’agategan...
Arnold Mazimpaka uzwi ku izina rya Sintex afunganywe n’abandi bantu batatu barimo umukinnyi wa Gorilla FC witwa Mukunzi Vivens bazira gukoresha ibiyobyabwenge. Undi ufunzwe ni umuhanzi w’i Burundi wit...
Uyu Munyarwanda umaze iminsi ari mu bavugwaho cyane mu itangazamakuru yitabye ubugenzacyaha ngo asobanure iby’inyandiko aherutse gusohora ivuga ko yabaye umugore kandi ko iyo nyandiko yayihawe n’Urweg...
Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko yafatanywe ibilo 60 by’urumogi. Byafatiwe mu mifuka itatu n’igice, bifatirwa mu Murenge Kinyinya mu Karere ka Gasabo. Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyob...
Mu muhanda Mukamira-Karago ku Mudugudu wa Mwiyanike, Akagari ka Kadahenda mu Murenge wa Karago haherutse gufatirwa abantu babiri bahetse kuri moto udupfunyika 10,000 tw’urumogi. Urwo rumogi rwari rur...
Mu Murenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu haherutse gufatirwa abantu batatu barimo abagore babiri bakurikikiranyweho gukwirakwiza urumogi. Bose hamwe bafatanywe udupfunyika 2,040. Umugabo wafashwe af...









