Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo batangiye gukingira Ebola, bahera ku baturage bo mu Ntara ya Kasaï Abahereweho ni abakora mu rwego rw’ubuzima kuko ari bo bita ku banduye, OMS ikavuga ko bizako...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko u Rwanda rutaramenya amakuru mpamo y’aho icyorezo Marburg cyateye gituruka. Yabigarutseho mu kiganiro cya gatatu ahaye itangazamakuru nyuma y’uko iyi...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku buzima, RBC, cyaraye gitangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 07, Ukwakira, hari izindi nkingo 700 zaraye zigeze mu Rwanda. Ku Cyumweru Minisitiri w’ubuzim...
Muri raporo yayo ya buri mugoroba, Minisiteri y’ubuzima yaraye itangaje ko hari abandi bantu batatu baraye bakize icyorezo Marburg cyugarije Abanyarwanda. Abo batatu baje biyongera ku bandi batanu bak...
Guverinoma y’u Rwanda igiye gutangira gukingira abana bafite munsi y’imyaka irindwi(7) y’amavuko. Ni gahunda izatangira kuri uyu wa Mbere taliki 24 ikazageza taliki 28, Nyakanga, 2023. Leta y’u Rwanda...
Ubunyamabanga bw’Ishami ry’Umuryango W’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi, WHO/OMS, bwatangaje ko hari ubwoko bw’inkingo za Ebola ziri gukorwa ngo zizageragerezwe muri Uganda kuko izisanzwe ziriho z...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Tharcisse Mpunga yavuze ko inkingo za COVID-19 Abanyarwanda bahawe mu myaka ishize zisa n’izarangije igihe cyazo cyo gukora bityo ko bagiye kuzahabwa...
Perezida Paul Kagame uri mu Busuwisi mu Nama y’Ihuriro ry’ubukungu mpuzamahanga aho amaze iminsi ahura n’abayobozi batandukanye kandi bari mu bakomeye ku isi. Kuri uyu wa Kane taliki 26, Gicurasi, 202...
Mu Budage aho Perezida Kagame ari, kuri uyu wa Gatatu yitabiriye Inama yo ku rwego rwo hejuru yiga uko mu gihe gito kiri imbere muri Afurika hatangira gukorerwa inkingo. Ni inama kandi yitabiriwe na P...
Nk’uko byari biherutse gutangazwa n’ubuyobozi bwa Israel, abaturage bayo ba mbere bahawe urukingo rwa kane rwa COVID-19. Muri Israel ho bose bahawe urukingo rwo mu bwoko bwa Pfizer kuva babona urwa mb...








