Kuri uyu wa Gatatu taliki 27, Nzeri, 2023 biteganyijwe ko Prof Jean Claude Harerimana wahoze uyobora Ikigo cy’igihugu cy’amakoperative, RCA, azitaba urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge. Ni urubanza ruzib...
Yemye nta gihunga afite, Denis Kazungu yabwiye Urukiko ko yishe abo ubushinjacyaha bumushinja kuko bamuteye SIDA ku bushake. Icyakora Umuvugizi wa RIB Dr. Thierry B. Murangira yabwiye Taarifa ko basan...
Nk’uko byari biteganyijwe, Denis Kazungu uvugwaho kwica abantu umusubizo, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 21, Nzeri yagejejwe mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro. Yaje mu modoka ya RIB arinzwe cya...
Itangazo ryasohotse mu igazeti ya Leta yatangajwe kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Nzeri, 2023 rigaragaza ibyo inama y’ubutegetsi y’Urukiko rw’ikirenga yanzuye ku ikoreshwa ry’ingingo z’itegeko ryerekeye...
Ubushinjacyaha bwamaze kugeza dosiye ya Denis Kazungu mu rukiko rw'ibanze rwa Kicukiro kugira ngo ruzamukurikirane ku byaha avugwaho gukora birimo n'ubwicanyi. Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavu...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Impuzamiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, IBUKA, witwa Naphtali Ahishakiye yabwiye itangazamakuru ko batashimishijwe n’icyemezo cy’urukiko rw’ubujurire cy...
Serge Brammertz uyobora urwego rwasigariye kuburanisha imanza zahoze ziburanishwa n’Urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda wahoze rukorera Arusha muri Tanzania, yakiriwe na Perezida Paul Kagame. ...
Akirangiza kubona ko umwana yari afitanye n’umugore we ukomoka muri Uganda atari we, umunya Israel yishe umugore we umurambo awuta mu musarane. Polisi ya Uganda ivuga ko uyu mugabo witwa Waeed Taheed ...
Nyuma yo kujurira atakamba avuga ko yarekurwa kugira ngo abone uko akurikirana iby’amasomo ye, kandi akizeza urukiko ko nta mpamvu adite yatuma azatoroka, urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwarekuye ...
Umunyamideli Moses Turahirwa yabwiye urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ko urw’ibanze rwa Nyarugenge kubera ko rwamurenganyije ubwo rwanzuraga ko afungwa iminsi 30. Yavuze ko ruriya rukiko rwamukatiye...









