Urwego rw’Ubugenzacyaha ruvuga ko rwaje kubona ko mu bantu biba intsinga baba barimo abakozi b’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu, REG. Umuvugizi warwo Dr. Thierry B. Murangira aherutse k...
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo ku wa 26 Ukwakira 2023, rwategetse ko Harelimana Joseph wamamaye ku izina nka Apôtre Yongwe afungwa iminsi 30 y’agateganyo, akurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’u...
Amakuru Taarifa yamenye avuga ko ubushinjacyaha bwasabiye uyu mugabo ukurikiranyweho ibyaha byo kwica abantu 14 urw’agashinyaguro guhabwa indi minsi 30 y’igifungo kuko hari ibyo bugikoraho ipe...
Nyiri ikinyamakuru Ukwezi Manirakiza Théogène kinafite Umuyoboro wa Youtube witwa Ukwezi TV kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Ukwakira, 2023 yitabye urukiko ku nshuro ya mbere ngo amenyeshwe ibyo aregwa ...
Joseph Harerimana wamamaye nka Apôtre Yongwe yitabye urukiko rw’ibanze rwa Gasabo ngo asomerwe ibyaha aregwa n’ubushinjacyaha, avuge niba abyemera cyangwa atabyemera. Iyi niyo ntambwe ya mbere iterwa ...
Indege ya Perezida w’Uburusiya yaraye igeze i Beijing izanye Vladmir Putin ngo aganire na mugenzi we Xi Jinping iby’umubano w’ibihugu byabo byombi. Uyu mugabo akoze uru rugendo mu gihe yashyiriweho im...
Urukiko Rukuru rutegetse ko Ishimwe Dieudonne afungwa imyaka 5 ndetse akishyura ihazabu ya Miliyoni Frw 5 nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo gusaba cyangwa gukoresha undi ishimishamubiri rishingiye ku ...
Uwo ni Me Jean Flamme wunganira Pierre Basabose na Twahirwa Séraphin. Uyu mugabo yavugiye mu rukiko ko mu Rwanda habaye Jenoside enye. Byarakaje inteko iburanisha ihita imuhagarika kubera ko ibyo yavu...
Mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi haravugwa abanyarugomo bigabiza urutoki rw’umuturage bakarusarura, ukomye bakagakubita. Uru rugomo rukorerwa mu Kagari ka Bubazi gahana imbibi n’akagari ka...
Abaturiye urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro n’abandi bose babiboneye umwanya baje kare aho uru rukiko rwubatse hafi y’Ibiro by’Akarere ka Kicukiro ngo baze kumva ikatwa ry’urubanza rwa Kazungu Denis ku i...









