Umunyamakuru Theogene Manirakiza wari ufungiye ibyaha birimo kwaka ruswa ngo adatangaza inkuru ku munyemari, amaze gufungurwa by'agateganyo n’Urukiko rwaburanishaga idosiye ye. Ku rukiko aho rwa...
Lord Reed uyobora Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza yatangaje ko we na bagenzi be basanze gahunda y’Ubwongereza n’u Rwanda yo kurwoherereza abimukira ngo babanze barubemo mber...
Aimable Nzizera wareze umunyamakuru Manirakiza Theogene icyaha cya ruswa yandikiye urukiko avuga ko amubabariye. Undi yavuze ko nta mbabazi ze ashaka, ahubwo ko agomba kwerura akabwira urukiko cyamut...
Nyuma y’urubanza rwa Kazungu Denis rutarajya mu mizi rukaba ari rwo rwafatwaga nk’urukomeye kugeza ubu, muri iyi minsi urundi ruvugwa kandi rukomeye kubera uburemere bw’ururegwamo ni urwa CG( Rtd) Emm...
CG( Rtd) Emmanuel Gasana yageze mu rukiko rw’ibanze rwa Nyagatare ngo aburane ku byaha ubushinjacyaha bumurega birimo gukoresha ububasha yahawe n’amategeko mu nyungu ze ‘bwite’. Uyu mugabo wamaze imya...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 10, Ugushyingo, 2023, ubushinjacyaha buzageza CG(Rtd) Emmanuel Gasana imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare rumurega ibyaha birimo gukoresha nabi ububasha yahabwga n’amate...
Mu byaha icyenda Gen Alain Guillaume Bunyoni aregwa mu rukiko rw’ikirenga rw’Uburundi, uyu mugabo wabaye umwe mu bakomeye muri iki gihugu yavuze ko ibyo ashinjwa byagaragaye kubera ko inzego z’iperere...
Ubushinjacyaha bwatangaje ko bwashyikirijwe dosiye ya CG (Rtd) Emmanuel Gasana wahoze ayobora Intara y’Uburasirazuba ukurikiranyweho ibyaha bibiri aribyo gusaba no kwakira indonke no gukoresha ububash...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamaze kwakira ubujurire bwa Manirakiza Théogène aherutse kurugezaho ku cyemezo cyo gufungwa by’agateganyo aherutse gufatirwa. Rwatanze italiki urubanza mu bujurire ...
Urukiko Rukuru rwanzuye ko Dr. Kayumba Christopher ahamwa n’icyaha cy’ubwinjiracyaha mu mu gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, rumukatira gufungwa ‘imyaka ibiri isubitswemo umwaka umwe.’...









