Ubushinjacyaha mu rukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa bwasabiye Dr.Munyemana Sosthène ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi gufungwa imyaka 30. Mbere y’uko ubushinjacyaha bumusa...
Urukiko rw’Ikirenga rw’Uburundi rwanzuye ko Allain Guillaume Bunyoni wahoze ari Umukuru wa Polisi akaba na Minisitiri w’Intebe afungwa burundu. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo n’icyo gushaka guhit...
Amakuru agera kuri Taarifa aremeza ko Laurent Bucyibaruta wari warakatiwe gufungwa imyaka 20 kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi aremeza ko yapfuye. Uyu mugabo yavutse mu mwaka wa 19...
Muri Mutarama, 2024 nibwo Kazungu wiyemereye ko yishe abantu 14 akabataba mu cyobo cy’igikoni cy’inzu yari acumbitsemo mu Busanza bwa Kanombe azatangira kuburana mu mizi. Ni urubanza ruteganyijwe tali...
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Kabiri taliki 05, Ukuboza, 2023, ruraburanisha Umunyamakuru Uzabakiriho Fidèle Gakire uregwa n’ubushinjacyaha icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano. Uy...
Umunyamakuru wigenga Nkundineza Jean Paul ukurikiranyweho gutukana mu ruhame, guhohotera uwatanze amakuru ku byaha no gutangaza amakuru y’ibihuha yitabye urukiko mu bujurire ku ifunga n’if...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwaraye rwemeje ko ubujurire bwa CG (Rtd) Emmanuel Gasana, budafite ishingiro bityo ko icyemezo cyo kumufunga by’agateganyo cyafashwe n’urw’ibanze rwa Nyagatare kiguma...
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwatangaje ko rwasanze ikirego cy’abashakaga ko Apôtre Dr Paul Gitwaza yeguzwa nta shingiro gifite, rutangaza ko kitakiriwe. Abashumba batandatu nibo bamuregaga. Abo ni ...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo aherutse gutangaza muri The Sun ko raporo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi ryahaye Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza rwashingiweho mu ...
Ubuyobozi bw’Ihuriro rirwanya ruswa no gusesagura umutungo w’igihugu mu Burundi OLUCOME busaba Leta gushyiraho Urukiko rwihariye rukurikirana abayobozi bakuru bashaka gutegeka igihugu nk’umutungo wabo...









