Umunyamerika wamamaye ku isi kubera umuziki witwa Chris Brown yarafunzwe akurikiranyweho gukubita umuntu icupa akamukomeretsa. Icyo cyaha yagikoreye mu Bwongereza mu mwaka wa 2023, afungwa kuri uyu wa...
Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi rukorera mu Mujyi wa Kigali rwategetse ko sosiyete ikora umuziki yitwa Evolve Music Group Ltd yishyura umuhanzi Gabiro Girishyaka Gilbert bita Gabiro Guitar Frw 900,000 ny...
Mu rubanza rw’iminsi ibiri, Leta ya RDC iri kuburana n’iy’u Rwanda mu kirego Kinshasa iregamo Kigali gufasha M23 mu ntambara yatangiye mu Ugushyingo 2021. DRC ivuga ko iyo ntambara yabaye intandaro ...
Kuri uyu wa Kabiri abasirikare 13 ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bakatiwe n’urukiko rwa Butembo igihano cyo kwicwa bazizwa ko bahuze urugamba bari bahanganyemo na M23. Ababuranishwaga bose hamwe...
Ubwo yakiraga indahiro y’abasirikare baherutse kugenwa ngo babe abacamanza mu rukiko rukuru rwa gisikare, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabibukije ko ikinyabupfura mu mico no mu myitwarire...
Domitille Mukantaganzwa wigeze kuyobora Inkiko Gacaca ku rwego rw’igihugu akabikora neza, yagiriwe icyizere cyo kuyobora n’Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda. Yasimbuye Dr. Faustin Ntezilyayo nawe wagiye k...
Ubuyobozi bwa Uganda bwatangaje ko Kenya yari izi ko Kizza Besigye ari gushakishwa kandi ubuyobozi bw’iki gihugu bwatanze ubufasha ngo afatwe. Kizza ni umunyapolitiki uri mu bakomeye muri Uganda. Nyum...
Nshuti Muheto Divine wabaye Miss Rwanda mu mwaka wa 2022 yakatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro igihano cy’amezi atatu asubitse mu gihe cy’umwaka umwe. Yahanishijwe kandi gutanga ihazabu ya Frw 19...
Kuri uyu wa Kane Miss Divine Muheto Nshuti na Fatakumavuta bamaze kugera ku rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ngo basomerwe ibyo baregwa. Miss Muheto aherutse gutabwa muri yombi na Polisi atwaye yasinze, ...
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris kuzakatira igifungo cy’imyaka 30 Umunyarwanda Dr.Eugène Rwamucyo ukurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatu...








