Biteganyijwe ko abaganga babiri bafite urwego rwa Dogiteri bazitaba urukiko mu rubanza ubushinjacyaha rubaregamo kugira uruhare mu rupfu rw’abantu babiri barimo umugore waguye ku iseta ari agiye kubya...
Byaraye bigaragaye ubwo Urukiko rwa gisirikare rwo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwakatiraga igifungo cya burundu abasirikare babiri baherutse kurwana bagaterana igipfunsi ku manywa y’i...
Freeman Mbowe uyobora Ishyaka ritavuga rumwe na Leta ya Tanzania ryitwa CHADEMA yaraye agejejwe imbere y’Urukiko rw’ibanze rw’i Kisutu muri Dar es Salaam ngo aburane ku cyaha cyo gushaka guteza imidug...
Amakuru Taarifa ikesha umunyamakuru wa Flash FM wakurikiranye iburanisha ry’urubanza rwa mbere hagati ya mugenzi we bivugwa ko yakubiswe n’Umukuru w’Umudugudu, umushinjacyaha yavuze ko Komanda wa Poli...
Mu masaha ari imbere hagiye gutangira urubanza rw’Umukuru w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo, Mu Murenge wa Karangazi witwa Sam Kalisa uregwa gukubita umunyamakuru wa Flash FM ishami rya Nya...
Rwiyemezamirimo witwa Juvens Nyawakira avuga ko Umuryango w’Abanyamerika witwa US Peace Corps wamuhaye akazi ko kuzajya asana ibikoresho by’aho ukorera ukamwishyura. Wamwishyuye igihe gito, nyuma ur...
Umwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo uvuga ko abantu 22 bahamijwe ibyaha birimo kwiba Banki y’Abanya Kenya ikorera mu Rwanda yitwa Equity bagomba gufungwa imyaka umunani buri wese kandi bagafatan...
Urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga muri Afurika y’Epfo rwakatiye Jacob Zuma wigeze kuyobora Afurika y’epfo igifungo cy’amezi 15. Umucamanza mukuru wungirije warwo witwa Sisi Khampepe niwe waruk...
Abanyarwanda babiri bavuga ko bakoreye ikigo cyitwa US Peace Corps mu bihe bitandukanye, ariko kirabahemukira kibirukana mu buryo budakurikije amategeko. Bakireze mu nkiko, zanzura ko bagitsinze ariko...
Kuri uyu wa Kane Tariki 17, Kamena ubushinjacyaha bwasabiye Paul Rusesabagina igihano cyo gufungwa burundu nyuma y’igihe uyu mugabo aburanishwa n’Urukiko rukuru aregwa ibyaha bifitanye isano no gushin...









