Kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Gicurasi, 2022 nibwo Miss Iradukunda Elsa yitabye urukiko asomerwa ibyo aregwa. Nyuma abacamanza bagize inteko izamuburanisha banzuye ko kuri uyu wa Gatatu taliki 25, Gic...
Miss Elsa Iradukunda wari ukurikiranywe n’ubushinjacyaha ku cyaha kirimo impapuro mpimbano azitaba urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Gicurasi, 2022. Azaba ari kumwe n’uwo ba...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu Jean Paul Micomyiza wari uherutse kuzanwa mu Rwanda ngo akurikiranwe ku byaha birimo na Jenoside yagejejwe imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Kagarama mu Karere ka Kicuk...
Umusore wahoze uyobora Ikigo gitegura amarushanwa y’ubwiza bw’Abanyarwandakazi witwa Ishimwe Dieudonné wamamaye ku izina rya Prince Kid yitabye Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro asomerwa ibyo aregwa. Ari...
Umuryango wa Paul Rusesabagina waduye ikindi kirego kivuga ko Leta y’u Rwanda n’Umukuru warwo ndetse n’uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta Ambasaderi Johnston Busingye bag...
Inteko iburanisha y’Urukiko rw’Ubujurire yaburanishaga urubanza ubushinjacyaha rwajuririye bushaka ko igifungo cy’imyaka 25 Paul Rusesabagina yahamijwe n’Urukiko rukuru, nayo yemeje ko icyo gihano cya...
Nyuma yo kumva ubujurire bw’ababuranira Paul Rusesabagina n’abo barenganwa harimo na Callixte Nsabimana wiyise Sankara, kuri uyu wa Mbere taliki 21, Werurwe, 2022, Urukiko rw’ubujurire ruratangaza im...
Kuri uyu wa Kane Taliki 17, Werurwe, 2022 mu Rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge ruri hafi ya Stade ya Kigali i Nyamirambo hatangiye urubanza ubushinjacyaha buregamo umugore ukurikiranyweho uruhare mu rup...
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda Dr Faustin Nzezilyayo na mugenzi we wa Singapore Sundaresh Menon baraye basinye amasezerano y’ubufatanye mu butabera. Ni indi ntambwe y’ubufatanye hagati y’u R...
Taliki 10, Werurwe, 2022 habaye iburanisha ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo mu rubanza ubushinjacyaha buregamo ruswa Bwana Felix Nshimyumuremyi wahoze ayobora Ikigo cy’igihugu cy’imyubakire, Rwand...









